Soma ibirimo

Amakuru agenewe abayobozi ba leta

Iki gice gikubiyemo amakuru yerekeye Abahamya ba Yehova agenewe abayobozi ba leta.

Ibiro bishinzwe iby’amategeko

Aho wahamagara ushaka amakuru y’Ibiro bishinzwe iby’amategeko.

Udutabo turimo amakuru yo hirya no hino ku isi

Utu dutabo twateguriwe abayobozi bo mu nzego za leta, imiryango iharanira uburenganzira bw’ikiremwamuntu hamwe n’abanyamategeko kugira ngo basobanukirwe bimwe mu bintu by’ingenzi Abahamya ba Yehova bo hirya no hino ku isi bakora birebana no gusenga.

Abahamya ba Yehova bafunzwe bazira ukwizera kwabo—Aho bafungiwe

Abahamya ba Yehova bafungiwe mu bihugu bitandukanye bazira ukwizera kwabo, kandi rimwe na rimwe bafungirwa mu mimerere mibi.

Ingingo