NIMUKANGUKE! Gicurasi 2013 | Uko wakwirinda abagizi ba nabi

Benshi babona ko ubugizi bwa buri mu bibazo bikomeye bibugarije. Menya icyo wakora kugira ngo wirindire umutekano.

Hirya no hino ku isi

Ingingo zirimo: imbunda zafatiriwe n’abashinzwe umutekano ku bibuga by’indege, Noruveje yatandukanyije leta n’idini, ibura ry’ibiribwa mu Buhindi.

INAMA ZIGENEWE UMURYANGO

Uko watoza umwana wawe kumvira

Gucyaha bisobanura kwigisha. Amahame ya Bibiliya ashobora kugufasha kwigisha umwana wawe w’ingimbi cyangwa umwangavu kumvira, bigatuma atigomeka.

INGINGO Y'IBANZE

Uko wakwirinda abagizi ba nabi

Wakora iki ngo wowe n’incuti zawe mwirinde abagizi ba nabi?

IKIGANIRO

Umugore wo mu idini ry’Abayahudi asobanura impamvu yongeye gusuzuma imyizerere ye

Ni iki cyemeje Racquel Hall ko Yesu ari we Mesiya yari ategereje?

ABANTU BA KERA

Inyandiko yo ku rukuta

Kuro yari muntu ki kandi se ni ubuhe buhanuzi butangaje bushobora kuba bwaravuzwe imyaka 150 mbere y’uko avuka?

ICYO BIBILIYA IBIVUGAHO

Imana iteye ite?

Ese Imana ni nyakuri, cyangwa ni imbaraga zitagira kamere? Ni mu buhe buryo abantu baremwe mu ishusho y’Imana?

ESE BYARAREMWE?

Igikanka “gifite amaso” cy’ifi imeze nk’inyenyeri

Menya ibintu bitangaje biranga iyo fi yibera hasi mu nyanja.

Ibindi wasomera kuri interineti

Nahangana nte n’ikibazo cy’uburwayi?—Igice cya 1

Abana bane basobanura icyabafashije guhangana n’ibibazo by’ubuzima no gukomeza kurangwa n’icyizere.

Loti n’umuryango we​—Inkuru ishushanyije

Vanaho iyi nkuru maze umenye isomo wavana kuri Loti n’umuryango we.