Soma ibirimo

Akazi n’amafaranga

Akazi

Isi yuzuye ibibazo—Rinda umutungo wawe

Kumenya gukoresha amafaranga neza biradufasha mu bihe bibi.

Ese gukorana umwete biracyahuje n’igihe?

Nubwo hari abantu benshi batekereza ko gukorana umwete bitabarimo, hari abandi benshi babyishimira. Ni iki cyabafashije kwishimira akazi kabo?

Icyo Bibiliya ivuga ku birebana n’akazi

Ese akazi akari ko kose nta cyo gatwaye?

Uko wahangana n’umunaniro ukabije

Dore ibintu bine byatuma akazi ukora kataguhitana.

Ese ukora ibirenze ubushobozi bwawe?

Abantu benshi baheranwa n’akazi bakabura umwanya wo kwita ku miryango yabo. Ibyo biterwa n’iki? Icyo kibazo cyakemuka gite?

Amafaranga

Ese amafaranga ni umuzi w’ibibi by’ubwoko bwose?

Bibiliya ntivuga ko amafaranga ari mabi cyangwa ngo ari yo ateza ibibi byose.

Kubaho neza—Gukoresha neza amafaranga

Amahame ya Bibiliya yadufasha ate kudasesagura amafaranga?

Bibiliya ivuga iki ku birebana n’amafaranga?

Ese koko amafaranga ni umuzi w’ibibi byose?

Uko dukwiriye kubona amafaranga

Dore ibibazo birindwi byagufasha kwisuzuma ukamenya niba ubona amafaranga mu buryo bukwiriye.

Uko wabona ibyishimo—Kunyurwa no kugira ubuntu

Abantu bakunda kuvuga ko ibyishimo no kugira icyo ugeraho bipimirwa ku byo umuntu atunze. Ese amafaranga n’ubutunzi bituma umuntu agira ibyishimo nyakuri?

Ese amashuri menshi n’amafaranga byatuma umuntu yizera ko azabaho neza?

Abantu benshi babonye ko ubukire n’amashuri bitatumye babona ibyo bari biteze.

Ni iki kidutera kugura ibintu?

Kuki abantu benshi bagura ibyo mu by’ukuri badakeneye? Wakora iki kugira ngo wirinde gushukwa n’abantu bamamaza?

Ese ubusumbane mu by’ubukungu buzashira?

Hari ubutegetsi bushobora gutegeka isi mu buryo butunganye kandi buzavanaho burundu ubukene n’ibibazo by’ubukungu.

Ibintu bitatu amafaranga adashobora kugura

Nubwo amafaranga atuma tugura ibintu bimwe na bimwe dukeneye, hari ibintu dukenera mu buzima adashobora kugura.

Guhangayikishwa n’amafaranga

Hari umugabo washoboye gutunga abagize umuryango we n’ubwo ibiciro by’ibintu by’ibanze byari byazamutse bikagira muri za miriyari.

Nabonye ubukire nyabwo

Ni mu buhe buryo umuntu wari ufite akazi keza yabonye ikintu kirusha agaciro amafaranga n’ubukire?

Gukoresha neza amafaranga

Uko wahangana n’ubukene

Amafaranga umuntu yabonaga iyo agabanutse bishobora kumuhangayikisha, ariko inama ziboneka muri Bibiliya zishobora kumufasha.

Icyo abakiri bato bavuga ku bihereranye n’amafaranga

Irebere icyo bagenzi bawe bavuze ku birebana no kuzigama amafaranga, kuyakoresha no kuyabona mu buryo bushyize mu gaciro.

Ese Bibiliya yadufasha gukemura ikibazo cy’amafaranga n’amadeni?

Amafaranga ntiyaguhesha ibyishimo, ariko hari amahame ane muri Bibiliya yagufasha gukoresha amafaranga neza.

Uko mwakoresha neza amafaranga

Uko mukoresha amafaranga bikunze guteza ubwumvikane buke mu muryango. Suzuma ukuntu Bibiliya isshobora kubafasha gukemura ibibazo bifitanye isano nʼamafaranga.

Uko wakwirinda gusesagura amafaranga

Ntugasesagure amafaranga ngo wibuke ko ugomba kuyakoresha neza wamaze kuyamara. Menya uko wakwitoza gukoresha amafaranga neza mbere y’uko agushirana.

Nagenzura nte uko nkoresha amafaranga?

Ese nturajya mu iduka ujyanywe no kureba ibyo bacuruza, ukavamo uguze ikintu gihenze? Niba byarakubayeho iyi ngingo ishobora kugufasha.

Mu gihe bibaye ngombwa ko usubira iwanyu

Ese wigeze kuva iwanyu ugerageza kwitunga, maze birakunanira? Dore inama zagufasha mu gihe usubiyeyo.

Mu gihe mufite ideni

Ni iki imiryango yakora mu gihe ifite amadeni?

Ese nagombye kuguza amafaranga?

Amahame ahuje n’ubwenge yo muri Bibiliya ashobora kugufasha agufata umwanzuro.

Ubukene

Ihumure ku batagira aho baba n’abakene

Bibiliya irimo inama zifatika zishobora gutuma umuntu abona ibimutunga kandi akagira amahoro.

Bibiliya ivuga iki ku bukene?

Ese umukene ashobora kugira ibyishimo?

Ese ubukene buzashira?

Ni nde ushobora gukuraho ubukene?

Ese Imana yita ku bakene?

Menya uko Imana yita ku bakene.

Ese abimukira babona ibyo baba biteze?

Ese kwimukira mu mahanga ni ngombwa kugira ngo umuryango wawe ubeho neza?