Soma ibirimo

Yehova ni we Mana y’ukuri yonyine

Hari mu kinyejana cya 10 M.Y kandi icyiza n’ikibi byari bihanganye. Eliya yari akikijwe n’abantu badasenga Yehova, umwami wabo w’umuhakanyi n’abatambyi b’abicanyi, ariko ntiyari wenyine. Iyumvire ukuntu Yehova yagaragaje ko ari we Mana y’ukuri yonyine n’uko akomeje kubigaragaza muri iki gihe.

Iyi nkuru ishingiye mu 1 Abami 16:29-33; 17:1-7; 18:17-46 no mu 1 Abami 19:1-8.